Kubera iki abagabo bakunda guhanga ijisho amabere y’abagore?

12
Spread the love
5/5 - (1 vote)

Ni izihe mbaraga zihishe z’amabere? Kubera iki zashobora gukurura imbaraga zose z’abagabo? Ni ukubera iki iryo tumbira rya bagabo kuri uwo mwanya w’abagare? Mugabo , ibaze nawe niba ujya ushiturwa n’amabere! Waba uri umuhehese? No nese mwe bagore mwe, nta mbereka , hari igisubizo mubifiteho? Byakunze gusobanurwa impamvu amabere yanyu ashishikaza abagabo. Ni ikntu kitibajijweho uyu munsi gusa. Ni byiza rwose ni ibyagaciro kuba mwibitseho icyo igitsina-gabo gishaka.Oya kandi ni n’ikintu kitari icyo gukinishwa. Umuhanga witwa Larry Young, umwigisha wa psychiatrie muri Université Emory, yashyize ahagaragara ibisobanuro bikurikira.

Ariko uko kurekurwa ka Ocytocine ntikwagenewe umwana wenyine! Igituza ni igice “kigore” gikurura, ku bagore batari bake. Ni igice gikurura uburyoherwe (mu bwonko) bw’ibitsina nkuko bimera kumyanya ndangagitsina y’umugore isanzwe. Ubushakashatsi bwerekanye ko kwikora kw’amabere mu gihe cy’imibonano, umubiri w’umugore uba urekuye wa musemburo wa Ocytocine. Muri icyo gihe uwo musemburo ntuba uri gufasha umugore kwita ku gahinja ke, ahubwo umubashisha kwita kuwo bari gukorana iyo mibonano. Bikamwongerera ubushake bwo kumwa ko barikuba umwe. Ubwo rero kwikora kw’amabere muri ibyo bihe si ikibazo, buri wese akwiye kumenya uko yabyitwara mo.

Abagabo n’abana bonka, bashoza urugamba rumwe mu gihe cyo konka. Kureta kwikora gutewe n’agahinja gutera kurekurwa kumusemburo wo mu bwonko bw’umugore witwa “Ocytocine” uzwi ku kabyiniriro k’umusemburo w’urukundo, uwo musemburo ukusanya uruhererekane rw’ibizongamubiri, ugafasha umugore gushishikazwa no kwita ku gahinja ke.

Abagore bakunda ko bahanga ijisho ibituza byabo, kandi uko umugabo arushaho guhanga ijisho igituza cy’umugore niko umugore arushaho kumva ko afite icyo ari kuvuga mu maso y’uwo mugabo. Bigaragara ko kuva mu bujyimbi, ubwonko bw’abagabo bufata neza iri somo: kuva mu bwangavu igituza cy’abagore kigaragarira abagabo nk’umwanya w’umubiri ukurura cyane ibyiyumvo biganisha ku bitsina. Igituza ni igikoresho abagore bifashisha mu gushimisha abagabo ndetse kikabaha ikizere ko hagati yabo n’abagabo harimo ihuriro rikomeye. Iyi tewoli yadufasha guhinduka mu buryo tubona amabere… no kubayakunda.

Intege nazo ziza kumwanya wa 3 nyuma y’umukondo, mu bice bikurura abagabo ,ku bagore batari bake.

12 thoughts on “Kubera iki abagabo bakunda guhanga ijisho amabere y’abagore?

  1. Ni ukubera iki iryo tumbira rya bagabo kuri uwo mwanya w’abagare? Mugabo , ibaze nawe niba ujya ushiturwa n’amabere! Waba uri umuhehese? No nese mwe bagore mwe, nta mbereka , hari igisubizo mubifiteho? Byakunze gusobanurwa impamvu amabere yanyu ashishikaza abagabo. Ni ikntu kitibajijweho uyu munsi gusa.

  2. Sinarinziko iyo umwana yonka abarikimwe numugabo urigufata kumanyunyu pe bivuzengo byose nitera akanyamuneza kumugore

  3. Nibyo amabere arakurura anagira uruhare runini mukuzzana ubyishimo hagati yumugore numugabo iyo barikubonana

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *