HOSPITALITE Home » Birababaje:Umuryango wose waguye mu mpanuka bavuye mu bukwe

Birababaje:Umuryango wose waguye mu mpanuka bavuye mu bukwe

Spread the love

Umuryango w’umugabo ,umugore n’abana bose bapfiriye rimwe ubwo bagwaga mu mpanuka bavuye mu bukwe.

Uyu mugabo n’umugore we ndetse n’abana babo bakomoka muri Nijeriya bitabiye Imana umunsi umwe. Kelvin UZOCHUKWU na Agatha CHINYERE Uzuegbu bivugwa ko bari mu modoka n’abana babo babiri ndetse n’abandi bantu battatu; babiri bo mu muryango wabo, ubwo bari mu nzira bataha, ngo uyu mugabo yabonye umugore wambuka umuhanda amukatira ashaka kutamugonga, imodoka yabo yibirandura gutyo.

Uretse uyu mugabo n’abana be ndetse n’umugore we ,abandi bo mu muryango we ,ibinyamakuru byo muri Nigeria bivuga ko bakomeretse cyane ariko ntibitabe Imana, ubu bakabaa bari kwitabwaho mu bitaro bya Federal Medical Center (FMC).

3 thoughts on “Birababaje:Umuryango wose waguye mu mpanuka bavuye mu bukwe

  1. Imana ihamagara abazima ngo bayikorere ibyo gukiranuka uwapfuye nta migabo nimigambi Kandi umubiriuba usubiye mugitaka ubundi yesu agarutse akazazukira ubugingo buhorara cg urupfu rwiteka bitewe nibikorwa bye yakoze akiri ku isi

Comments are closed.

Ignore ce message si tu es déjà membre !


pour poursuivre la lecture et avoir accès à l’ensemble des archives

This will close in 20 seconds

Discover more from RADIO & TV EN LIGNE

Subscribe now to keep reading and get access to the full archive.

Continue reading