HOSPITALITE Home » Bidasuzumwe neza akabanyiringo n'abazwi nk'abapfubuzi, imizinga yazava mo imyibano.

Bidasuzumwe neza akabanyiringo n'abazwi nk'abapfubuzi, imizinga yazava mo imyibano.

Spread the love

BAGABO NI UGUHAGURUKA DA, NAHO UBUNDI ABAPFUBUZI BARAZA KUDUSENYERA!

(Tera agatebe, wicare usome kuko inkuru ni ndende)

Muri iyi minsi usanga abagabo bamwe bahorana ibibazo by’uko abagore babo babaca inyuma. Hari abagore usanga batihanganira uburyo abagabo babo bababihiriza mu buriri bagahitamo kuyora amafaranga y’urugo bakayashyira insoresore zizwi nk’abapfubuzi.

Nanone ngo nyinshi, cyane cyane ingo zishoboye, bivugwa kenshi ko abagabo badashimisha abagore babo mu buriri, igihe cyo gutera akabariro. Aho biterwa n’umunaniro abagabo baba bafite, stress z’akazi, kudaha agaciro icyo gikorwa n’ibindi. Ibyo bigatuma bamwe mu bagore biyambaza “abapfubuzi” kugira ngo bakemure ikibazo baterwa n’abagabo babo.

Dore impamvu ebyiri nyamukuru zitera umugore kurarurwa n’abapfubuzi:

  1. Abapfubuzi bazi wicisha bugufi imbere y’abagore bakabereka ko ntawe ubaruta ku Isi, bakabaha umwanya, bakaba impano zibakumbuza ubukumi bwabo…

2.abapfubuzi bashimisha abagore mu gihe bari mu mibonano mpuzabitsina, bakabanyaza neza, bakabamara ipfa, kubera ko usanga abapfubuzi barongora ntibarangize vuba kandi ntibacike intege mu gihe bari kurongora.

3.Impamvu ya gatatu usanga abapfubuzi bakoresha, ni ugutegura neza abagore mbere y’imibonano, bagakora ibyo abagore badakorerwa n’abagabo babo, nko kubonka mu gitsina, kubakarisa bikwiriye…

Ariko reka twibande cyane ku mpamvu ya kabiri abapfubuzi bakoresha ariyo ijyanye no gucika intege mu gutera akabariro no kurangiza vuba…

Gucika intege no kurangiza vuba ni ikibazo gikomerera abashakanye ahanini kiri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi.

Ibi bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y’uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ibi akenshi biba atabishaka, bigatera guhangayika, kwigaya ndetse bigateza ibibazo n’umwiryane mu rugo kuko hari nubwo uwo bashakanye amuca inyuma kubera kutamugeza ku byishimo bye bya nyuma.

Iki kibazo gihuriweho n’abagabo benshi, si urw’umwe rwose, ariko biravurwa kandi bigakira burundu.

Mugabo aho kugirango urugo rwawe rwinjirwe n’abapfuzi tangira ukoreshe REVIVE bigufashe kongera kugarura ibyishimo by’urugo rwawe.

REVIVE ikorwa mu byatsi byitwa Epimedium, n’gihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w’ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y’Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya.

Iki gihingwa kimaze imyaka isaga ibihumbi bibiri mu Bushinwa gikoreshwa byumwihariko kugirango cyongere ubushake bw’imibonano mpuzabitsina, cyongere ubwinshi no gukomera kw’intanga, cyongere imbaraga za ogisijeni mu maraso…

REVIVE irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha.

IBYIZA BYO GUKORESHA REVIVE:

  • Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro.
  • Yongera libido ku kigero cyo hejuru.
  • Yongera umusaruro wintanga mu bwiza n’ubwinshi.
  • Ituma ubwonko bukora neza ikanongerera umuntu imbaraga.
  • Ihangana n’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro
  • Ivura guhorana umunaniro ukabije… INGARUKA NZIZA ZO GUKORESHA REVIVE mu rugo iwawe.
  • Umugabo wakoresheje revive atuma amarangamutima n’ipfa ry’imibonano ku mugore bishira kubera kumunezeza.
  • nta ntonganya n’ubwumvikane buke cyangwa gucana inyuma biba mu rugo. UWAKORESHEJE REVIVE: -Uwo mukoranye imibonano mpuzabitsina uguma mu mutima we kandi agakomeza kuguhimbaza nk’imana y’URUKUNDO rwe mu buzima bwe. -Ubwawe wumva ko uri umuntu wifitiye ikizere kandi akenshi uzasanga umukobwa wese ushobora kuryamana nawe azakwiruka inyuma kubera ibyishimo umuha, cyangwa ntazigere akwibagirwa.
  • Gukoresha revive bigufasha gusohora mu gihe gikwiye ibyo bikakurinda gupfubya uwo muhuye.

UKO REVIVE IFATWA:

  • Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi ashyushye y’akazuyaze.

Revive ntabwo ikoreshwa igihe cyose ukeneye gukora imibonano mpuzabitsina nkuko benshi babyibaza.

Ushaka REVIVE wadusanga aho dukorera I KIGALI downtown cyangwa tukaboherereza ibyo mushaka aho muherereye hose mu gihugu no hanze yacyo.

Dufasha kandi abadamu bagira ama infection, ababura ubushake n’amavangingo, abaribwa mu gihe cy’imihango…

Dufasha abarwaye:

  • igifu
  • umugongo
  • umwijima
  • impyiko
  • imitsi
  • ubugumba n’uburemba
  • amibe
  • terekomonasi
  • indwara z’uruhu
  • umuvuduko w’amaraso
    N’izindi ndwara zitandukanye.

Ababyifuza bari mu ntara z’igihugu n’inyuma y’igihugu tuvugana uko tuyibagezaho.

Ku bindi bisobanuro mwaduhamagara cyangwa mukatwandikira kuri WhatsApp kuri:

Ignore ce message si tu es déjà membre !


pour poursuivre la lecture et avoir accès à l’ensemble des archives

This will close in 20 seconds

Discover more from RADIO & TV EN LIGNE

Subscribe now to keep reading and get access to the full archive.

Continue reading