HOSPITALITE Home » Igikorwa cyo gukora ifu y'imyumbati mu nkengero z'umujyi wa Lomé muri Togo

Igikorwa cyo gukora ifu y'imyumbati mu nkengero z'umujyi wa Lomé muri Togo

Spread the love
Igikorwa cyo gukora ifu y’imyumbati mu nkengero z’umujyi wa Lomé muri Togo

Ntabwo nzi niba muri Uganda naho imyumbati ifatwa nk’ikiribwa cy’abakene, ariko muri Ghana twe twavuye kure.

Reka nguhe urugero rw’ubugari. Bwaretse gufatwa nk’ikiribwa cy’abagaragu n’abakene igihe bwahindukaga ikiribwa cy’ingenzi mu mashuri yose abanyeshuri bigamo bacumbikirwa.
Bajya ku ishuri bitwaje umufuka w’ifu y’ubugari maze ku ishuri igatekwamo amafunguro y’ubwoko bunyuranye.
Ariko ubugari bwinjiye mu butetsi bwo mu rwego rwo hejuru igihe umutetsi uzwi cyane, Barbara Baeta, yatangiraga uburyo bwo kubuteka yise ‘gari foto’ – ubugari bujyanye n’isosi n’amafi yagabuye igihe Minisitiri w’intebe, Kofi Abrefa Busia, yakiraga abashyitsi mu rwego rwa leta mu 1970.
Ubugari rero bwahise buhinduka ifunguro ritangwa mu biterane by’abantu bakomeye kandi bwari bugezweho. Urebye, amafunguro anyuranye akomoka ku mwumbati yahaye abantu amafunguro bishimira kuvuga ko bafata.

Ignore ce message si tu es déjà membre !


pour poursuivre la lecture et avoir accès à l’ensemble des archives

This will close in 20 seconds

Discover more from RADIO & TV EN LIGNE

Subscribe now to keep reading and get access to the full archive.

Continue reading