HOSPITALITE Home » Log In

Log In

Spread the love
5/5 - (1 vote)

Kubana namwe biratunezeza!

Ikaze ku ijwiryurugwiro, tubashimira kuba muhitamo kubana natwe.

Ubwange n’itsinda mpagarariye ry’abatozarugwiro kuva 2011, buri munsi dukora ibishoboka byose ngo UMUCO WO KUWIZA URUGWIRO wogere.

Ntibavuga kugira urugwiro, ni ukurugwiza.

Tukaba rero, tubikuye ku mutima , nk’itsinda ry’abatozarugwiro twese nk’umuntu umwe; tubasabye ubufatanye muri iki kivi.

Hera kuri wowe ubwawe , iwawe n’ahakuzengurutse. Urugwiro ruzogera!

Muragahorane urugwiro,murutange namwe muruhabwe!

Ikaze ku ijwiryurugwiro na none, tubashimiye kuba mwahisemo kuzakomeza kubana natwe.