ISABUKURU: KAYISHEMA TITY THIERRY WA RBA
Umunyamakuru w’imikino muri RBA Kayishema Tity Thierry kuruyu wa kane tariki ya 25 Ugushyingo yagize isabukuru yamavuko.

Ibyamamare bitandukanye byiganjemo abanyamakuru bimikino bamwifurije kugira isabukuru nziza. Twavugamo nka Imfurayacu Jean Luck umunyamakuru wimikino Kuri radio ya B&B Fm ndetse nabandi batandukanye icyo wamenya Kuri Kayishema Tity Thierry wizihiza isabukuruye kuruyu munsi Nuko ari umunyamakuru wumwuga wanyuze mubitangaza makuru bitandukanye aho twavugamo nka radio 10 akaba nabwo yarahakoze akora amakuru yimikino, imikino twavuga nkiyamagare, imikino yumupira wamaguru.
Nkuko twabibabwiye ruguru Ubu akaba akomeje umwuga witangazamakuru mugisate cy’imikono. Natwe umuryango mugari wa Ijwi ry’Urugwiro tumwifurije isabukuru nziza.
By: fanny_IOC
Ubu wasanga yarishimye kd yararigusaza hhhhhhhh
Natwe umuryango mugari wa Ijwi ry’Urugwiro tumwifurije isabukuru nziza.