Mushikacye iratungwa agatoki ko yaba ariyo nyirabayazana wo kwibasirwa kw'amagara wabahora bayibabira ku ikara.

Spread the love

Ubushakashatsi bwakozwe na Doctor George Pamplona Roger mu gitabo cye gishya aheruka gushyira ahagaragara ku izina rya ” Croquez la vie “

Iki ni igitabo ukunda gusangana

abwiririsha ubutumwa ibitabo mu idini ry’Abadiventisiti

b’Umunsi wa 7. Doctor George Pamplona Roger yavuze

muri icyo gitabo ko , kwica isari na mushikaki ifite

ingano y’ikilo yokeshejwe amakara ; bingana no

gutumagura amasegereti y’itabi 600

( 1kg Viande rôti = 600 Cigarettes ).
Kandi , asobanura ko atari izojeje ku mbabura gusa

ziteje akaga. Ahubwo mu mirongo micye muri

icyo gitabo, Doctor George Pamplona Roger avugako

inyama zokeje ku makara zirema mo ibinyabutabire

byatiza umurindi kwadukwaho na cancer zo mu

bwoko bwa ( benzopyrène ) kuko ibyo binyabutabire

bisa neza n’ibiri mu itabi..

None wowe usomye iyi nkuru, urabona urebeye ku

biro by’inyama zo keje wariye, waba umaze kugera

ku gipimo kingana gute cy’uburozi uba warishyizemo

iyo uba unywa itabi? Niba usanzwe unanyw aitabi

urumva umaze kugera ku ngano imeze ite?

Ese ntiwahagarikira aho ugahangana n’uko

ibyo binyabutabire bya kugabanukamo!

ni ahubutaha muzindi nkuru z’ubuzima.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *