HOSPITALITE Home » A PROPOS

A PROPOS

Spread the love
3/5 - (2 votes)
CEO

NGENDAHAYO André Isaac ni Mwalimu guhera muri 2003 kugeza iteka ryose. Ndi se wa Kaliza, Kaza na Kalame abana be batatu.

Nashakanye na Madame Ngendahayo Olive.
Ntuye mu majyaruguru y’Ubufaransa i Burayi.

-Nize Inderabarezi Rusange kuri TTC Bicumbi, A2 muri 2003.
-Nize Kaminuza mu burezi i Kampala CUU 2017 mbona Ao
Second Class Upper Division) mu kwigisha Ikoranabuhanga n’Ubukungu.
-Mfite impamyabushobozi ihanitse mu kwigisha icyongereza abanyamahanga (TEFL first class) nakuye UK 2016.
-Nigishije na nayobora amashuri abanza imyaka 15.
-Nabaye umukorerabushake muri Uganda mu burezi n’ikoranabuhanga muri 2010.
-Nakoze imyaka 8 mu mushinga wa OLPC muri Afrika ndi umutoza w’abarezi.
-Nakoze umushinga wa mbere mwiza i Burasirazuba mu Rwanda wo guhindura uburezi kuri murandasi BBS (Brain Booster School) mpabwa igihembo na Minisiteri I y’uburezi i Nyagatare.

Nashinze kandi nyobora EWR ldt yakoraga URUGWIRO.com kuva 2011-2018 mu Rwanda.
“Ubu Nyoboye Ngeisa Mission (NM)kuva 2018 kugeza Ubu ikora URTV mu karere ka Afurika y’ibiyaga bigari no ku isi hose… n’ibiyishamikiyeho mu gufasha urubyiruko kwishaka mo akazi no kugaragariza abatanga akazi ibyo urubyiruko rushoboye.”
Ubu ndi APM ( agent de prévention et de médiation) muri sosiyete yo gutwara abantu mu Bufaransa.
Ninge Muyobozi mukuru wa
Andikira CEO URTV
+33758696097 WhatsApp Gusa

Ignore ce message si tu es déjà membre !


pour poursuivre la lecture et avoir accès à l’ensemble des archives

This will close in 20 seconds