HOSPITALITE Home » Umwanzuro ku bitero byagabwe n’Abami b’u Rwanda

Umwanzuro ku bitero byagabwe n’Abami b’u Rwanda

Spread the love

Icyo twazirikana ahangaha, nuko Abasinga, Ababanda, Abenengwe, Abongera, Abazigaba, Abahinda n’Abagara, bakomoka ku Bahima.Ikindi kandi, nubwo Ingoma Nyiginya y’i Gasabo ariyo yari ntoya cyane ntibyayibujije kwigarurira ibihugu byinshi byari bigize u ru Rwanda tubona ubu.Ndetse baza kuyobora uru Rwanda bafatanyije n’Abega nabo bakurikiranaga mu buke no mu kuyobora uduhugu duto .Muri ibyo byose bigaragara ko nta bwinshi bw’abaturage bari bafite,ahubwo icyo barushaga andi mahanga ni « KURWANA ISHYAKA NO GUKORERA KU NTEGO  »

Mu by’ukuri imigenzereze Y’Ingoma –Nyiginya ni urugero rusange umuntu yavuga ko ari « Ingoma y’Ubwisanzure  » burangwa no kwigarurira impugu nyinshi, «Ingoma y’ubugaragu  », burangwa n’ituze ry’igaba n’igabana ry’inka arizo zagaragazaga ubukungu bw’Igihugu, ari nayo shingiro ry’Ubuhake « Ingoma y’umuheto » wari indanga-Ntego y’Ingoma Nyiginya, wagamburuje inkiko z’ishyanga.Ayo akaba ariyo matwara rusange y’Ingoma Nyiginya yari itetse mu Rwanda rugari rwa Gasabo.

Itonde ry’imitwe mikuru ivuga uko u Rwanda rwagiye rwaguka

17 Hifashishijwe

Ignore ce message si tu es déjà membre !


pour poursuivre la lecture et avoir accès à l’ensemble des archives

This will close in 20 seconds

Discover more from EN LIGNE

Subscribe now to keep reading and get access to the full archive.

Continue reading